iKibungo tubonye Umugabo wicaga Abantu akabarya | Yariye mushiki we | Umurozi Police izi yarakijijwe
HTML-код
- Опубликовано: 6 апр 2025
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Kubwa kavukire ntitwarabo kugira umugisha Ariko hashimwe yesu watugiriye neza akadukuruza ineza ye Alleluya .
Plaisir nkunda iyo ari Wowe wakoze ikiganiro . Sinzi impamvu. Biranshimisha. Imana ibahe imigisha myinshi bakozi b'Imana.
Yesu ashimwe ko yaturengeye nukuri gusa nukujya dusenga cyane kuko ibihe biraruhije.
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Mbega ubuhamya
Imana ishimwe yaduhaye umwana wayo Yesu Kristo akadupfira tukabasha kuba abana bayo
Ubuhamya buraguira. Amatwi yunva byinshi. Ariko se mu Rwanda barya abantu!. Ariko Imana igira impuhwe tutakunva. 🤔🙉🙊 Yesu Christ we, hezagirwa Mwami w'Abami kuko ubwiza bwawe ntako busa. Amen
Imana ishimwe ku bwa Zaburi Nshya amabanga ya Satan aramenetse ko munzu y'Imana harimo abrozi bityo abana b'Imana basobanukirwe tujye dusengera byose dutwikirize amaraso ya Kristo buri muntu na buri kintu aho dutuye kuko ubona ikinyabwoya ukagira ngo birasanzwe naho ari Dayimoni. rwose Imana ihe umugisha Zaburi Nshya
Mana yajye ndagushimiye cyane mbega ubuhamya buteye ubwoba wee plaisir uzadushakire uwo mugire wazutse aduhe nawe ubuhamya bwe
Plaisir noneho utuzaniye abantu bafite ubuhamya buteye ubwoba!!gusa uwo mugabo Yesu akomeze amufate cyane izo mbaraga ziwabo zitazamusubiza muriyo gihonomu!
Aha niho umuntu ahitaririmba indirimbo"YANYISHYURIYE 88 GUSHIMISHA" Ibyaha byose wakoze iyukijijwe Yesu akubabarira byose. Abo yababariye ibyaha mumvugire ngw'Amen. Hallelujah.
Mbega ubuhamya! Uwiteka Urahambaye,imbaraga zawe zirenze uko tuzitekereza.Ntabwo nkwiriye kugira ubwoba uri hejuru ya byose.Amen
Imana ninziza yewe nange izambabarira
Imana izabafatishe umurunga w'urukundo ntimugasubire inyuma. natwe abasenga Iduhe kubikorana umwete tudacogora Imana izaduha kunesha nk'uko ihora ituneshereza. Amen.
YESU WEEEEEEEEE UFITE IMBARAGA N’UBUTWARE🙏
Mbega amateka Yesu ni yamamare nukuri
Imana ishimwe yarakoze kuguha agakiza
Plaisir imana ijye iguha umujyisha iteka ryose
Uvuze ukuri kwose:jewe bangerageje imyaka 32 narabananiye.baragerageje kwiyunga naho nyene ndabananira,vyose vyaranse bamwe baranapfuye mbere yanje.Bashaka kontoronka abana none babaye 4.Izina ry'Imana yacu ribandanye guhabwa icubahiro.amen.Muri Yesu vyose biremera
Nanjye nageragejwe nabarozi ngobirabananira barangije ngobatumuho umumaribu ngo ariwe ushyira abashakaga kuko ngoniwe washoboye abandi bananiwe arikonawe ntiyashoboye gukora ibyobashakaga.nukuri tujyedusenga twishinganishe mumaraso ya yesu tuzananira abarozi nibibi byose yesu ashimwe cyane kukotutabaye iminyago yabanzi bacu.
Arko Uwiteka weee
Urumunyembaraga nyinshi pe urahambaye urirubasha ntakikunanara pe
Hejuru yimbaraga zose Hari imbaraga zawe Mana pe mbega ubuhamya bukomeye
Inzu y' Imana yarinjiriwe disi....ni ugusenga cyane
Byagera kuri Adepr bikaba agahoma munwa.
Iyi nkuru sinyirangije kuko ngize ubwoba pe
Nange irananiye pe
Hashimwe Yesu waguhaye igikundiro
Urukundo rwa Yesu rurahambaye ntawarurondora🙏 ibaze gukunda umuntu wariye abantu ukabana nawe😭 Uyu mugore yashize ubwoba pe
Yesu warakoze kubwakavukire ntitwarabo kugirirwa imbabazi ariko waratubatuye nushimwe
Imana irebamumutima
IMANA yacu irakomeye
Yeyeyeye cyokora sndirine yaragukosoye peee ndamwemeye peee
nukuri Imana yarakoze kumukura mu mwijima
Mwami yesu yewee ngizubwoba
Yooooooo ariko Mana urahambaye, icyubahiro cyose kibe icyawe. Nta kure utakura umuntu rwose imirimo yawe irahambaye. Bene data mugume muri Yesu ahindura amateka.
Imana ibahe umugisha mwinshi
Warakoze gushyira ibikorwa bibi bya satani hanze. Imana iguhe imigisha myinshi .
Yoooo wari ufite imyaka itatu kandi nta mwana kuri iyo myaka utumvira nyina.
Yooooh abarozi ni ibicucu bica abana babo gutyo. Nari nzi ko babakunda.
Icyo nzi nuko mubayoboke ba satani ntazabamo Mwizina rya Yesu
Really u God 🙏🙏🙏🙏
Aha ndumiwe Imana yacu ifite imbaraga nyinshi cyaneee
Abapagani baragowe
Amen lmana ikongerere amavuta rwose
Zaburi azajye kuzana uwomugore wumuririmbyi. Ikindi Paci wo mu Impanuro azakujyane kumukobwa amadaimoni agiye kwica kandi akamusambanya.
Imana ishimwe
Plaisir Imana yo mu gihugu cyo mu ijuru ikumpere umugisha
Inturo ni ibijangwe byo mugasozi
Mbega umunyenga ubamugacyiza weee biraryahapee kubibamo numunezero
Bashiki bawe abahe kdi mwari mwaravutse muri 3? Cg nabo kuwundi mugore
IMANA IMWAGURE TUMUSABIYE AMAVUTA
Ariko wibagiwe imyaka warufite kumyaka 3 ntibishoboka pe!
Imvugo yabantu babeshya ubuhamya akenshi ntavuga amazina yabantu niyo abavuze avuga ko bapfuye cg ko atazi aho bari ndetse namazina yuturere ntayavuga.
Eeehhhee praisel yamenye imitoma ,🤣🤣😅😅 abwiye umugore wabandi ngo ni mwiza 🙆 ahwiiii
Umwana wi Imyaka itatu c yamenya kuroga Koko?
Umwana afise imyaka itatu ntabintu aba aramemya
Ashobora kuba yarabibwiwe mu kuvuga akaba yibeshye gs umuntu iyo atanga ubuhamya ntago yabura kugira ako y ibeshya,, Imana iguhe umugisha mwinshiiiiiiiii cyane nukuri mukozi w'Imana 🙏
Ayinyaaaa
Ivya gishetani biragoye,bavuga kobabatira bakivuka
YESU WEEEEEEEE NDUMIWE GUSA😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Uyu ntimuzahakane ibyo avuga twari duturanye ubu mushikiwe amaze kwica umugabowe amuroze
Ati iryumugisha Ni innocent
Amen amen gloire à Dieu tout puissant. 🙏🙏🙏
Nimumvugire Ameeenn
Burya abarozi ntanubwenjye bagira ese burya baranirogera bakarya abana babo narumiwe pe
Biratangaje ukuntu umuntu yahinduka ikinyabwoya🙈
Imyaka , 3
Plaisir uzadushakire Nuwo mugore nawe wishwe akazuka nyuma yukwezi nigice.
Ego aza muzane
uyu muntu naramwumvise ark ndumva biryoshye kongera kumwumvira kuri zaburi nshya . Uwiteka yamamare hose arashoboye
NAJYAGA NKUNDA KUREBA UBUHAMYA CYANE BW’URUGENDO RW’IMIBABARO N’UBURWAYI, IBYA ABAROZI SINABYITAGAHO ARK UYU MUNSI IBYO NIMVISE😭😭😭😭😭😭😭😭🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️🙆🏽♀️
Ngo yafashaga Imana gucyura abantu.😂😂😂😂😂😂😂😂
Hahhh plaisir Ngo reka nitahire🤭🤣🤣
Ariko abagore bashirika ubwoba kweli!Umuntu nkuyu warogaga atya niyo yaba yarakijijwe ka jana ugatinyuka ukamushaka ngo mugiye kubana we?arahagazwe!.Ndagukomeje wa mugeni we.
Uwo nubundi azongera aroge
Ahubwo se urabona adafite ubwoba!Nigute waryama mubururi bumwe numuntu wariye inyama z'abantu!
Yoooh ndumiwe nukuri
Birakaze
Birateye ubwoba pe
Nibyo senya akazu kasatani
Ndashima Imana konkiriho kuko ibyanpigaga byari bikomeye ariko hejuru yabyaye hari Imana
Umwana wi myaka 3 ntamenya gutandukanya ikiza nk kibi .yobeshye imyaka .nuwo mugpre ntabeoba agira.
😂😂😂😂😂😂😂😂😂ayiga mana 😂😂😂😂
Igiturumyi na kanyamaswa kan gan a nipusi afite umurizo muremure gafite umunwa nkuwimbeba gakunda Kuba mumyobo yo kumigina gafatinkoko I yo kikanze gahita gahagarika amaguru 2 yinyuma ayimbere kakayazamura kemye nkumuntu.
Non ga ncuti ko muvuz ngo yakomej kwakira agakiza w agusiga muvyaha.aho yarafis agakiza ndabajije?
Ntako yigeze yaragiye kwishushanya no gushaka abo yaroga murusengero nahubundi ntagakiza kuwo mukecuru mubi.
Uyu mugabo ntabwo ari kubeshya. Kuko ntiyabeshyera Nyina ibintu nkibi akiriho kandi yagiye avuga mazina yabantu bariho batanga ubuhamya
Dukeneye kumenya ingene uwo mugabo yabohotse, ingene izo nyama z'abantu zamuvuyemwo
Urabesye nta murozi uroga saa 3 batangira saa 6
Plaizil uwomuntu azadusure inoha muri Zambia kabisa
Oya wunvise nabi afite bene nyina 6 nyina yababyaye ise amaze gupfa.
Ko mbona iyonda idahuye nayo mezi cgmwariye ubukwe bubisi murabarokore🙂
Umvare
Njyesisobanucyiwe pe umwana wimyaka 3 ntabwenjye abazi cg ndikumvanabi
Nanjye ndumva bitabaho kuri 3ans
NAKUNDAGA KUREBA ABABWIRIZA BUTUMA/ABARIRIMBYI ARK UYU MUNSI IKINTEYE KUREBA/KWUMVA UBUHAMYA BWABAROZI SINKIZI ARK NDUMIWE GUSA😫😭🤭🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔
MMM
Ibiro 200 byuburozi?? Harubuhamya wumva ukibaza niba ari ukuri!!
Ku myaka 3 waruzi gusinya?? 🤣🤣🤣 uyu mugani waruryoshye rwose wibagiwe gusoza ngo sinjye wahera🤣🤣🤣
God help me last week I dreamed dreamed while I was drinking bushera but from then my body is weak
May the Holy spirit make you vomit it in the name of Jesus
Bagufate
Inturo nipusi.
Ubu buhamya buteye ubwoba
Imyobo yose yabaga ari 3.5m😱
Yooooooooo
Amee
Imyaka 3?🙊
23
Kandi ubu police ibyinjiyemo byose babijakana!! None ntibarogaga abo bazi?
Umwana w'imyaka 3 aroga ate agasinya ate? ibi bintu mubitohoze turambiwe abatubuzi
Yewe umbaze nkubaze 😅😅😅, haribyo umuntu yumva ukapfa kubyemera kubera ntakundi nyine
Ashobora kuba ubuhamya yajijwa mo kuko bimaze imyaka
Njyewe hariya hantu ndanahatinya buriya!!! Mu gisaka
Ntago ujya utembererayo?
Nibazaga ko warufite nkimyaka irenze 5 kuko umwana uri hasi yayo ntiyabyibuka, ubwenge buba butaratangira kwibuka neza.
Numiweeee!!!???
Ndabarakije Uhoraho abagirire naza, ADPR sinzi ico gisigura, sinzi ko ncanditse neza nkunze kumva ngo muri ADPR, Mwopa uko candikwa nuko gisigura.
bivuze ngo"ni itorero ry'umwuka wera murwanda"
Bisigura abapoloti mu kirundi
ADEPR: Association Des Eglises Pentecotistes du Rwanda
Iyi mana mwihaye kubeshyera igihe kizagera ibandagaze isi yose ibabone.Ibiro 300 by'uburozi bibaho!umwana w'imyaka itatu amenya gusinya!Abo bantu wishe wowe na nyoko RIB izabakurikirane mwakoze ibyaha.
Ikigoryi gusa
Wafashe isuka ukajya guhinga ukareka kwihisha mumana wirirwa usebya nyoko.
ARIKO MUJYE MUTANGA INKURU IRIMO LOGIQUE!WARI UFITE IMYAKA 3 URASINYA!?UMWANA W'IMYAKA 3 KOKO ASINYA ATE!?NGO IMIFUKA YA KILO 100 Y'UBUROZI!?
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Imana ishimwe
imana iratabara nukuri izagukomeze ntuzasubire inyuma kandi na mama wawe izamuhindure kristo arashoboye ntakimunanira
Imana ishimwe